Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
EXPO 2019: Kiwnjira bisaba Mobile Money - Reba uko bikorwa
24/07/2019 - 16:12
Reba uko umuhango wo gushyingura Senateri Bishagara Kagoyire wagenze
21/07/2019 - 14:10
Perezida wa Sena yagarutse ku bigwi bya Senateri Bishagara Kagoyire
21/07/2019 - 14:04
Ku myaka 63, atunzwe no kwambutsa abanyeshuri umuhanda, Ahembwa Rwf30,000!
20/07/2019 - 12:31
Mico the Best yihakanye umuzungukazi bamaze iminsi bavuga ko bakundana
20/07/2019 - 12:24
Social Mula: Nta kibazo nagiranye na Theo kandi siniteguye gukorana na Muyoboke
20/07/2019 - 11:57
Reba uwahimbye "Maji Maji" Indirimbo yahaye morale cyane Inkotanyi
14/07/2019 - 10:58
Icyivugo cya Sg Maj Robert kiratangaje
14/07/2019 - 10:34