Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba imibyinire idasanzwe ya Sherrie Silver mu gitaramo cyo #KwitaIzina19
8/09/2019 - 16:52
Reba uko umuhango wo #KwitaIzina19 abana b’ingagi 25 wagenze
7/09/2019 - 16:50
Baje kumfata muri V8 - Niringiyimana wakoze umuhanda
7/09/2019 - 16:31
Louis Baziga yishwe azira kwanga gukorana n’abanzi b’u Rwanda
5/09/2019 - 20:15
Gen. Kabarebe: Kayumba Nyamwasa ni urugero rwiza rw’umuhemu
5/09/2019 - 19:54
Gen. Kabarebe: Niba hari umuntu w’umuhemu ubaho, ni Kayumba Nyamwasa
5/09/2019 - 19:27
Perezida Kagame yatashye ishuri ry’ubuvuzi ry’icyitegererezo
2/09/2019 - 23:41
Perezida Kagame yambitse Umudali w’Igihango Dr. Paul Farmer
1/09/2019 - 16:03