Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ntabwo Inkotanyi zateye u Rwanda - Maj. Gen Bayingana
27/10/2019 - 14:26
Perezida Kagame yongeye kuburira abashaka kurwanya u Rwanda
26/10/2019 - 15:34
Umuhanzi Awilo Longomba yageze mu Rwanda
23/10/2019 - 11:45
Perezida Kagame yatashye icyambu kizagabanya ikiguzi cy’ibitumizwa hanze
21/10/2019 - 23:01
Prof. Chrysologue yasekeje abantu mu matora ya Perezida wa Sena
19/10/2019 - 19:52
Perezida mushya wa Sena: Tuzihuta kandi tujyane n’igihe
19/10/2019 - 18:40
Abayobozi bakuru ba RGB barahiriye imirimo mishya
19/10/2019 - 18:25
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize Sena nshya
19/10/2019 - 17:46