Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abaholandi n’Abayapani begukanye Rubavu Beach Volleyball
30/08/2019 - 09:17
Kaminuza y’Abadiventiste (AUCA) yujuje Ishuri ry’ubuvuzi // Itorero rigiye kwizihiza imyaka 100
24/08/2019 - 19:29
Abahanzi Ne-Yo na Meddy batumiwe mu birori byo #KwitaIzina19
20/08/2019 - 23:06
Diamond yarijije abakobwa b’i Kigali na bo bamukaragira umubyimba (Video)
18/08/2019 - 19:34
Moto zisanzwe zigiye kuvaho haze izikoresha amashanyarazi
14/08/2019 - 22:06
Aba basore berekanye udukoryo mu muhango wo gutaha Kigali Arena
14/08/2019 - 21:55
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Arena
12/08/2019 - 21:08
#Umuganura2019: Niba utarabonye utu dukoryo, wagize igihombo gikomeye
3/08/2019 - 15:56