Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yvan Buravan yataramiye Abanya-Benin karahava
24/02/2019 - 05:58
Ihere ijisho amarushanwa yo kurasa y’ingabo z’u Rwanda
22/02/2019 - 12:56
Dusabimana Emmanuel Luck Fire ’Michael Jackson’ wo mu Rwanda aratangaje pe
22/02/2019 - 12:34
Kuba umufotogarafe mwiza bisaba kuba utari umunebwe - MUZOGEYE Plaisir
22/02/2019 - 12:28
Intwaza Bagirinka yasabye urubyiruko kubakira ku byiza igihugu kimaze kugeraho
19/02/2019 - 15:48
Hejuru ndi muto hasi harataratse - Miss Gisabo
19/02/2019 - 15:40
Ubyumva ute kuri EAC hamwe na Amb. Olivier Nduhungirehe, Dr Christopher Kayumva na Edmond Kagire
8/02/2019 - 10:34
Miss Jolly Avuga kuri Mwiseneza, Meghan ndetse n’ijambo ’Girl’ ryamusobye muri Miss Rwanda
8/02/2019 - 10:18