Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ally Sudi agiye gusubiramo indirimbo Derira yamamaye muri Karahanyuze (Video)
15/01/2019 - 11:16
Ni iki kitabura ku ifunguro rya Riderman ?
13/12/2018 - 11:37
Ihere ijisho Umuyapanikazi uririmba Rwanda nziza adategwa
12/12/2018 - 15:11
Mu mwambaro wa gisirikare Perezida Kagame yasoje imyitozo yo kwivuna umwanzi
12/12/2018 - 12:00
Inyamibwa zigaruriye abataramyi mu mukino zise Rwimitana
10/12/2018 - 14:12
Abakeka ko Umuco Nyarwanda wacika basubize amerwe mu isaho
10/12/2018 - 12:37
Udushya tw’ ibihangange muri gakondo mu gitaramo cy’Inyamibwa
10/12/2018 - 10:18
Umusogongero w’ibizabera mu gitaramo cy’Itorero Inyamibwa zise Rwimitana?
6/12/2018 - 18:14