Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Maranyundo Girls School yamuritse imfura zayo
5/11/2017 - 23:57
Madame Jeannette Kagame yifatanyije n’ubuyobozi bw’ishuri rya Maranyundo gutaha inyubako nshya yuzuye
5/11/2017 - 23:52
Mani Martin: Imyiteguro yo kumurika AFRO album
3/11/2017 - 19:16
Byinshi ku mupadiri w’umuraperi wa mbere mu Rwanda
2/11/2017 - 16:00
Abatuye Huye bishimiye Moto idasanzwe yurira imodoka, ikanasimbuka abantu
1/11/2017 - 10:45
Rally: Bimwe mu byaranze irushanwa memorial Gakwaya 2017
31/10/2017 - 13:03
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage b’i Gahanga mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi
30/10/2017 - 13:02
Abafite indwara zidakira bashyiriweho gahunda y’abaganga babakurikiranira iwabo mu ngo
28/10/2017 - 16:49