Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibihe by’ingenzi byaranze Tour du Rwanda 2017: Kigali - Huye
14/11/2017 - 08:19
Tour du Rwanda 2017: Aleluya Joseph yegukanye agace ka Kigali-Huye
13/11/2017 - 22:46
Bimwe mu byaranze agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2017
12/11/2017 - 20:52
Bannyahe: Abaturage ntibishimiye kwimurwa badahawe ingurane y’amafaranga
11/11/2017 - 21:15
Ishyaka ridasanzwe mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2017
10/11/2017 - 14:38
Linda w’imyaka 72 uri kuzenguruka isi kuri moto yageze mu Rwanda
10/11/2017 - 09:43
Imyiteguro ya Tour du Rwanda 2017 irarimbanyije
9/11/2017 - 08:57
Amavubi yasesekaye i Kigali nyuma yo gutsinda Ethiopia
7/11/2017 - 08:12