Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhanzi Bruce Melody yageze mu Bubiligi
30/11/2017 - 15:32
WDA igiye guhugura abakozi 500 b’uruganda Hema Garments
29/11/2017 - 14:25
Kuva mu w’1998-2017 Gacuriro Vocation Training Center imaze kwigisha imyuga abagera kuri 7005
29/11/2017 - 09:11
Ese abakina Skatting mu Rwanda bakoreshwa n’amagini?
28/11/2017 - 08:33
Dore impamvu nyayo yatumye Cobra yakira agakiza
22/11/2017 - 12:17
Perezida wa Estonia Madame Kaljulaid yasuye MINAGRI anasura ibikorwa by’ikoranabuhanga muri Telecom House
17/11/2017 - 17:06
Perezida wa Estonia yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
16/11/2017 - 23:41
Reba imibyinire idasanzwe igaragara muri Tour du Rwanda 2017
15/11/2017 - 12:20