Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
KAGAME - Rubyiruko Muharanire ’TABLE D’HONNEUR’
19/12/2017 - 15:59
Perezida Kagame arambiwe imvugo "Kwigira ku Rwanda"
14/12/2017 - 16:43
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya
13/12/2017 - 13:06
Wari wabona Ingagi zo mu birunga zitera akabariro?
11/12/2017 - 23:55
Abakunzi ba muzika bashimishijwe n’akabyiniro gacecetse
11/12/2017 - 13:14
Urugendo Mureshyankwano yanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
11/12/2017 - 12:41
Madame Jeannette Kagame yahembye abakiri bato bakoze ibikorwa by’indashyikirwa kurusha abandi
9/12/2017 - 06:27
Kubyara umwana ufite ubumuga bwo kutabona byamuteye gushinga ikigo cyita ku bana bameze nk’uwe
7/12/2017 - 16:57