Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba ubwiza bw’ikibuga mpuzamahanga cya Cricket cyubatswe i Gahanga
27/10/2017 - 08:30
Cobra arasobanura byinshi nyuma yo gushya kwa Cadillac
24/10/2017 - 17:44
Menya byinshi kuri Cobra wamamaye kubera akabyiniro ka Cadillac
23/10/2017 - 12:46
Brazzaville: Perezida Kagame yitabiriye inama y’ibihugu by’akarere k’ibiyaga bigari, ICGLR
20/10/2017 - 08:12
Ubuhamya bunyomoza raporo ya HRW ishinja inzego z’umutekano mu Rwanda kwica abajura
16/10/2017 - 16:16
Amazu mashya yahinduye isura y’umujyi wa Kigali (VIDEO)
13/10/2017 - 22:10
Perezida Kagame yakiriye abayobozi bashya 11 bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda harimo n’uwa Vatican
10/10/2017 - 23:13
Bimwe mu byaranze Yubile y’imyaka 100 y’ubusaseridoti mu Rwanda
7/10/2017 - 23:17