Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abarimo abageni batawe muri yombi bazira guhimba ibisubizo bya COVID-19
21/08/2021 - 09:44
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kwitwararika kuko camera z’umuvuduko ziri maso
21/08/2021 - 09:30
Uruhare rw’abakorerabushake mu kurwanya COVID-19 ni ntagereranywa
21/08/2021 - 09:17
Gukoresha mubazi ku bamotari ni inyungu za nde?
18/08/2021 - 21:51
Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya, hatikiriramo ibifite agaciro ka Miliyoni 500 Rwf
17/08/2021 - 17:40
Batawe muri yombi bazira gutwara ibinyabiziga banyoye inzoga
16/08/2021 - 22:02
Niyomugabo Philemon wakunzwe mu ndirimbo ‘Zirikana’ ni muntu ki?
16/08/2021 - 00:07
Bisaba iki kugira Umudugudu utagira icyaha? RIB ikomeje ubukangurambaga hirya no hino
15/08/2021 - 22:56
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.