Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Imbere mu nama y’Abaminisitiri yakuyeho Guma mu Rugo
31/07/2021 - 19:28
U Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi 19 ba RED Tabara
31/07/2021 - 15:16
U Rwanda nta bushobozi bwo gukoresha Pegasus rufite - Minisitiri Biruta
29/07/2021 - 19:49
Mozambique: Ingabo za RDF zivuganye abarwanyi 14 mu minsi itanu ishize
29/07/2021 - 15:39
Yanze kugumana umukozi we urwaye COVID-19, afatwa amucyuye rwihishwa
26/07/2021 - 23:05
Hatahuwe igaraje ribagirwamo moto ziba zibwe
26/07/2021 - 22:11
Kigali: Inkongi yangije ibifite agaciro k’amafaranga arenga Miliyoni eshanu
23/07/2021 - 20:42
Wari uzi ko agahinda gakabije gashobora gutera uburwayi bwo mu mutwe?
23/07/2021 - 05:19
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.