Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uwabeshyaga ko akoresha abantu 130 bose bivuriza kuri RAMA yatahuwe
10/09/2021 - 13:32
Akurikiranyweho gutanga icyangombwa gihimbano kigaragaza ko umuntu yakingiwe
6/09/2021 - 18:57
Jay Polly yasezeweho bwa nyuma mu marira menshi
6/09/2021 - 18:16
Umva ibyo abahanzi batangaje ku rupfu rwa Jay Polly
3/09/2021 - 14:42
U Rwanda rwakiriye izindi nkingo za COVID-19
3/09/2021 - 11:57
Sobanukirwa byinshi ku kubona amakuru n’ubumenyi bubitse mu ikoranabuhanga rya mudasobwa
2/09/2021 - 00:23
Papa adusigiye umurage wo kwicisha bugufi - Umuhungu wa Joe Habineza
1/09/2021 - 23:02
Bahimbaga ibigo by’ubucuruzi bitabaho: Barakekwaho kunyereza imisoro irenga Miliyoni 40 Frw
1/09/2021 - 23:01
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.