Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RDB yamurikiye abafasha ba mukerarugendo bo hirya no hino ku isi ibyiza bitatse u Rwanda
17/09/2021 - 20:01
RIB na UNICEF batashye icyumba gifasha abana bakoze ibyaha n’ababikorewe
17/09/2021 - 19:50
Urubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be ruragana ku musozo: Bimwe mu byaruranze
17/09/2021 - 18:36
Akurikiranyweho koherereza abantu ‘SMS’ akabambura kuri Mobile Money
15/09/2021 - 20:50
Abakunzi ba Arsenal bahinduriye imibereho abarokotse Jenoside b’i Nyamagabe
13/09/2021 - 21:36
BullDogg yavuze ubuzima yabanyemo na Jay Polly
13/09/2021 - 21:29
Umuhanzi Christopher yahishuye impamvu atarangije kwiga kaminuza
13/09/2021 - 07:32
Abagenda muri Kigali boroherejwe ingendo bakoresha amagare agezweho
10/09/2021 - 14:04
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.