Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abahungu ba Joe Habineza bagarutse ku byaranze ubuzima bwa se
29/08/2021 - 23:24
Abagera ku 9,000 barangije kwiga muri UR bageze ku isoko ry’umurimo
29/08/2021 - 23:14
Kwa Sogokuru ni hehe? Ikibazo Muhizi utazi inkomoko ya se ashobora kuzabazwa n’abana be
26/08/2021 - 15:48
Byinshi kuri Sadate Munyakazi wamamaye muri Rayon Sports : Wari uzi ko kera yitwaga David?
26/08/2021 - 15:27
Baravuga ko banyoye Energy Drink, Polisi yo ikavuga ko bari banyoye inzoga
24/08/2021 - 16:00
Dore uko Umubiligi Vincent Lurquin yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda
24/08/2021 - 15:48
Dore ubuzima bw’ahabatijwe mu ISIYACYENDA
21/08/2021 - 18:44
Umunyezamu Kimenyi Yves n’abo bafatanwe baricuza amakosa bakoze
21/08/2021 - 18:38
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.