Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Madamu Jeannette Kagame asaba urubyiruko gufata umwanya wo gutekereza ku byemezo rufata
10/06/2023 - 15:40
Irebere ubuhanga bw’Abakarateka bitabiriye irushanwa ryo #Kwibuka29
31/05/2023 - 09:03
Perezida Kagame yatashye icyanya cyahariwe Siporo ku Kimironko
28/05/2023 - 21:30
Madamu Jeannette Kagame yagejeje ubutumwa bw’ihumure ku bagizweho ingaruka n’ibiza
26/05/2023 - 22:53
Nyirabarame: Abakinnyi bakanyujijeho bahabwe agaciro bafashe barumuna babo
14/05/2023 - 23:59Twaganiriye na wa mugabo ibiza byatwariye umugore agasigarana uruhinja
13/05/2023 - 20:18
Perezida Kagame yihanganishije abahuye n’ibiza, abizeza ubufasha
13/05/2023 - 20:05
Rubavu: Sebeya yangije byinshi, abayituriye bayita ‘Umuturanyi mubi’
12/05/2023 - 07:48
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.