Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yakiriwe mu Rwanda
7/08/2023 - 22:53
Reba uko byari byifashe Perezida Kagame ataha uruganda rukora sima i Muhanga
4/08/2023 - 12:32
Twaganiriye na Shangazi wihebeye APR FC, atanga ubutumwa kuri Rayon Sports
2/08/2023 - 15:57
Urubyiruko rwo muri Diaspora rwishimiye kumenya umuco Nyarwanda
1/08/2023 - 22:09
Kurikira ikiganiro ku ikoranabuhanga mu burezi bw’abafite ubumuga
1/08/2023 - 20:38
Masera Jean Baptiste umaze imyaka irenga 70 yiyeguriye Imana, ni muntu ki?
28/07/2023 - 17:44
Le Président Sassou-Nguesso visite l’Institut Rwandais pour l’Agriculture de Conservation (RICA)
22/07/2023 - 22:02
La Conférence de Presse conjointe de Paul Kagame et Denis Sassou-Nguesso
22/07/2023 - 21:52
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.