Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Icyamamare Christophe Pinna yishimiye gutoza abakinnyi ba Karate b’u Rwanda
6/09/2023 - 21:31
Kwita Izina: Irebere uko Umuco Nyarwanda wanyuze abanyamahanga
6/09/2023 - 20:59
Ihere ijisho akarasisi n’ubundi buhanga bigiye mu Itorero Indangamirwa
26/08/2023 - 17:03
Kurikira ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’Intore z’Indangamirwa
26/08/2023 - 11:52
Umva icyo Perezida Kagame avuga ku bateguye amafunguro yateje uburwayi abantu
26/08/2023 - 10:15
Davido yashimishije abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa
21/08/2023 - 15:39
Irebere uko umuhanzi Tiwa Savage yasusurukije ab’i Kigali
21/08/2023 - 10:37
Giants of Africa yatashye ikibuga cya Basketball cya Kimisagara
21/08/2023 - 10:17
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.