Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abayobozi bakiri bato mu gusabira Igihugu
14/08/2023 - 14:34
Kurikira ibirori byo gutangiza iserukiramuco rya Giants of Africa
14/08/2023 - 14:06
Remarks by H.E First Lady on International Youth Day 2023
14/08/2023 - 13:57
Masai Ujiri to build five Basketball courts in Rwanda
14/08/2023 - 13:47
Madamu Jeannette Kagame yatungujwe impano ku isabukuru ye y’amavuko
13/08/2023 - 12:16
Kurikira ibirori byo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’Urubyiruko
13/08/2023 - 11:50
Temberana natwe muri Expo 2023 ibera i Gikondo
9/08/2023 - 10:51
Ihere ijisho ibirori byaherekeje irushanwa IRONMAN 70.3 ryabereye i Rubavu
9/08/2023 - 10:27
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.