Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kurikira umuhango wose wo gushyingura Pasiteri Théogène Niyonshuti
29/06/2023 - 22:22
Reba uko Pasiteri Théogène Niyonshuti yaherekejwe bagiye kumusezeraho mu rusengero
29/06/2023 - 20:02
Irebere akarasisi gashimishije mu gusoza Ushirikiano Imara
26/06/2023 - 20:19
Kurikira ikiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Zambia bagiranye n’abanyamakuru
22/06/2023 - 15:55
Perezida wa Zambia yunamiye abazize Jenoside baruhukiye mu rwibutso rwa Kigali
22/06/2023 - 12:33
Irebere uko Perezida wa Zambia yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda
22/06/2023 - 12:01
Impamvu zatumye Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Mutiganda birukanwa muri RDF
14/06/2023 - 22:34
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa #MemorialRutsindura
14/06/2023 - 16:41
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.