Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
SHAUKU BAND: Uko ubuhinzi na ruhago babiteye ishoti, biyegurira muzika
2/11/2023 - 23:29
Inkingi z’umuziki Nyarwanda zahawe ibihembo
2/11/2023 - 23:24
Naterwaga ipfunwe no kuba Umunyarwanda - Uwimbabazi Sandrine ukora muri MINAFFET
2/11/2023 - 23:15
Se wavuraga Perezida Habyarimana, yaguye mu ihanurwa ry’indege (Ubuhamya)
31/10/2023 - 12:24
Icyo twiyemeje ni u Rwanda rudaheza - Madamu Jeannette Kagame mu Ihuriro rya 16 rya Unity Club
31/10/2023 - 12:12
Boyz II Men take music fans down memory lane with a nostalgic show in Kigali
31/10/2023 - 10:05
Irebere igitaramo cyo gusoza Trace Awards 2023
24/10/2023 - 15:57
GAERG isanga siporo izafasha mu kwita ku buzima bwo mu mutwe
23/10/2023 - 15:29
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.