Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kiliziya Gatolika y’i Kabuga yasabiye abarenga 400 bashyinguye mu irimbi rya Rusororo
5/11/2023 - 13:03
23rd WTTC Global Summit: President Kagame and Samia Suluhu grace the Opening Ceremony
5/11/2023 - 12:54
Gathof and Classens continue to conquer Rwandan Epic challenging terrain
5/11/2023 - 12:47
My first time in Rwanda: Julia Simpson at WTTC Global Summit
5/11/2023 - 12:30
Why Rwanda was chosen to host first WTTC Global Summit on African Continent
5/11/2023 - 12:14
#RwandanEpic2023 : Team Nzayisenga and Ingabire win prologue in women category
5/11/2023 - 12:07
Messi wegukanye Ballon d’Or ya munani ni muntu ki?
2/11/2023 - 23:48
Twumvikanye guhererekanya imfungwa z’intambara, ariko Habyarimana yishe izacu - Gen (Rtd) Kabarebe
2/11/2023 - 23:43
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.