Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Twaganiriye n’uwahize abandi mu kizamini cya Leta gisoza ayisumbuye
8/12/2023 - 12:32
A nation of peace makers - Rick Warren and Andy Wood extol Rwanda’s values
8/12/2023 - 12:24
Uko amazi ya Nyabarongo agera mu ngo zacu yabaye urubogobogo
8/12/2023 - 12:05
Twasuye ibirombe bya Zahabu y’u Rwanda: Dore uko itunganywa kugeza ijyanywe ku isoko
8/12/2023 - 11:49
Kayirebwa na Muyango bakuriwe ingofero muri BK Arena
27/11/2023 - 07:42
Rumaga na Ruti Joel bunamiye Yvan Buravan mu gitaramo cya Kigali Kulture Konnect
27/11/2023 - 07:38
Dore icyo umuhanzi asabwa mu guhatana muri ArtRwanda-Ubuhanzi III
5/11/2023 - 16:37
#RwandanEpic2023: The best of mountain bike in the rocky terrain of Rwanda
5/11/2023 - 16:05
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.