Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Jay Jay Okocha and other football legends interact with Rwandan University students
20/03/2023 - 21:32
UK Home Secretary lays foundation stone for Gahanga building project
20/03/2023 - 21:28
U Rwanda rugiye kwakira imikino ihuza Polisi z’ibihugu bya EAC. Polisi y’u Rwanda yiteguye ite?
19/03/2023 - 19:08
UK Home Secretary Suella Braverman & Rwanda’s Foreign Affairs Minister address the Press in Kigali
18/03/2023 - 22:01
Gen Marcel Gatsinzi yasezeweho bwa nyuma, Perezida Kagame akomeza umuryango we
16/03/2023 - 23:23
Twaganiriye na Mama Pakita, umukobwa wa Karasira J. Jacques hamwe n’abahoze muri Pakita
16/03/2023 - 15:08
FIFA Congress: Kagame and Infantino welcome remarks
16/03/2023 - 14:46
Umusifuzi Salima yafungiye inkweto Perezida Kagame
16/03/2023 - 14:32
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.