Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Subiza utsindire ibihembo Launch
18/12/2014 - 18:17
Right Guards yatwaye igikombe mu mukino wa Cricket
3/12/2014 - 16:27
Uburyo Anita Pendo afatanya imyuga itatu!
20/08/2014 - 15:22
Ishuri rya Rubengera mu guteza imbere ubumenyi mu ikoranabuhanga ry’igiti
5/08/2014 - 14:34
Mu gitaramo cya Nyagatare, abahanzi bahatanira Guma Guma berekanye ubumwe buri hagati yabo
18/06/2014 - 11:21
Uburyo igitaramo cya Guma Guma cyagenze mu Karere ka Gicumbi
11/06/2014 - 11:07
Ikigo cya WDA mu gushakira umuti ikibazo cya service zitanoze mu ma Hotel
4/06/2014 - 13:19
Mu Rwanda havumbuwe ikoranabuhanga ryo kwatsa no kuzimya imodoka ukoresheje telephone!
30/05/2014 - 10:11
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.