Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Udushya twagaragaye muri ’Miss Rwanda 2014’ Intara y’amajyaruguru!!
15/01/2014 - 09:55
Rwamukwaya: Amaze imyaka 30 ari kuri Camera
6/01/2014 - 17:47
Urban Boys mu gitaramo cyo kumurika album yabo bise "Kelele"
17/12/2013 - 11:40
Ubukwe bw’umuhanzi Tom Close na Tricia
5/12/2013 - 09:19
Abafite ubumuga berekanye ubuhanga mu kumurika imideri!
3/12/2013 - 10:42
Abasore babiri b’impanga bakoze ubukwe n’abandi bakobwa b’impanga!
26/11/2013 - 12:20
Umunyabugeni Epa Binamungu yamuritse ibihangano byihariye!
22/11/2013 - 10:49
GISENYI: Abafite ubumuga bihangiye umurimo wo kwambutsa ibicuruzwa ku mupaka
15/11/2013 - 17:17
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.