Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ari mu Rwanda
20/08/2015 - 21:39
Natasha ni we wegukanye ikamba rya Miss High School 2015
18/08/2015 - 09:27
Knowless wegukanye Primus Guma Guma Superstar ya 5, ni muntu ki?
16/08/2015 - 09:45
Umunsi wo gusoza Expo 2015
15/08/2015 - 18:02
Teta Sandra aragaragaza ukuri ku nkuru yamwanditsweho
10/08/2015 - 09:22
EXPO Rwanda 2015
10/08/2015 - 09:05
Abakunzi b’inyama bahuriye muri Nyama Choma Festival
4/08/2015 - 15:40
Rwandans want article 101 amended
4/08/2015 - 11:29
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.