Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Magic Night, He turned 2000K into 5000K
6/10/2015 - 12:32
Umutumirwa w’umunsi muri KT SPORTS
5/10/2015 - 11:31
Amateka ya Eddy Kenzo
2/10/2015 - 12:47
Ubucuruzi bw’ibishyimbo bitetse bumaze gufata indi ntera!
29/09/2015 - 10:49
Urwibutso Emmanuella: Miss Earth Rwanda 2015
28/09/2015 - 17:44
Eid-Al-Adhuha ni iki?
28/09/2015 - 08:42
Indirimbo yimakaza Amahoro yamurikiwe mu Rwanda
25/09/2015 - 12:18
Abahanzi nyarwanda bitabiriye ingando
24/09/2015 - 13:22
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.