Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Urugomero rwa Nyabarongo ya I, rutanga Mega Watt 28 z’amashanyarazi
12/03/2015 - 13:58
Icyumweru cya AERG/GAERG cyatangiriye i Rukumbeli
9/03/2015 - 17:33
Tiken Jah Fakoly ati: u Rwanda ni igihugu kidasanzwe
1/03/2015 - 12:45
MERGIMS mobile application, uburyo bufasha diaspora nyafurika kohereza amafaranga
21/02/2015 - 14:12
Uburyo abakundana bizihiza umunsi wa St.Valentin
13/02/2015 - 09:22
Nawe watsindira ibihumbi Ijana
12/02/2015 - 10:28
Tour of Rwanda 2014 at Kigali Today Ltd and KT Radio Headquaters
25/12/2014 - 18:06
Abatomboye bahawe ibihembo
24/12/2014 - 13:42
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.