Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
BOB MARLEY NI MUNTU KI
12/05/2014 - 09:00
Uburyo abahanzi bari muri Guma Guma bitwaye mu gitaramo bakoreye i Huye
6/05/2014 - 14:08
Abahanzi bari muri Guma Guma bitabiriye umuganda batanga n’amashanyarazi
2/05/2014 - 17:45
Amasomo y’imyuga mu gufasha abarokotse Jenoside kongera kwiyubaka
23/04/2014 - 10:14
Umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana amukase ijosi, yasabiwe gufungwa burundu
18/04/2014 - 13:16
Abahanzi bari muri Primus Guma Guma Superstar mu bikorwa byo kwibuka Jenocide
15/04/2014 - 10:09
Jay Polly yarigaragaje mu gitaramo cya Guma Guma i Nyamagabe
2/04/2014 - 11:20
Reborn Kyoto, umushinga w’Abayapani mu guteza imbere ubudozi mu Rwanda
5/03/2014 - 11:51
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.