Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Rwamukwaya: Amaze imyaka 30 ari kuri Camera
6/01/2014 - 17:47
Urban Boys mu gitaramo cyo kumurika album yabo bise "Kelele"
17/12/2013 - 11:40
Ubukwe bw’umuhanzi Tom Close na Tricia
5/12/2013 - 09:19
Abafite ubumuga berekanye ubuhanga mu kumurika imideri!
3/12/2013 - 10:42
Abasore babiri b’impanga bakoze ubukwe n’abandi bakobwa b’impanga!
26/11/2013 - 12:20
Umunyabugeni Epa Binamungu yamuritse ibihangano byihariye!
22/11/2013 - 10:49
GISENYI: Abafite ubumuga bihangiye umurimo wo kwambutsa ibicuruzwa ku mupaka
15/11/2013 - 17:17
Uruganda rwa Bralirwa rwamuritse ibigega bishya bibika ibinyobwa
13/11/2013 - 09:14
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.