Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uko Abayisilamu bizihije Eid Al-Adha birinda COVID-19. Amatungo arenga 1500 yarabazwe
7/08/2020 - 10:37
Miss Karimpinya yasuye KT Radio acinya akadiho karahava
1/08/2020 - 19:48
Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
30/07/2020 - 09:17
Abanyarwanda bitegure kubana na COVID-19!
22/07/2020 - 10:36
Umwe mu nyeshyamba zateye mu kinigi zikica abaturage 8 yavuze byinshi kuri icyo gitero
19/07/2020 - 08:37
Ibitaramo nibisubukura nzagera mu mirenge 416 - Senderi
16/07/2020 - 10:47
#Kwibohora26: I Gikoba ni ho Urugamba rw"Inkotanyi rwafatiye isura igana ku ntsinzi
12/07/2020 - 10:39
Sura Umusambi utangaje witwa Mutesi ufite umwihariko wo gukunda abagabo
12/07/2020 - 10:32
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.