Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Icyo mutamenye mu byatumye Jay C afata icyemezo cyo gukora ubukwe
21/08/2020 - 14:37
Byinshi kuri Dr. Nyirinkwaya wihebeye Ububyaza. Abitse amafoto ya buri mwana wavukiye mu bitaro bye
20/08/2020 - 13:29
Bushayija Pascal gushushanya byamugize igihangange n’ikirangirire
18/08/2020 - 08:11
Isoko rya Nyarugenge no Kwa Mutangana hafunzwe. Guma mu rugo ku bahakorera bose
18/08/2020 - 08:00
Ibyatangajwe na Perezida w’u Burundi, u Rwanda rwagize icyo rubivugaho
13/08/2020 - 11:21
Nafashe umwanzuro wo gukora umuziki urimo umwihariko wa Kinyarwanda - Buravan
11/08/2020 - 19:13
RIB yerekanye umugabo ukekwaho gucuruza abakobwa ashaka indonke mu babasambanya
10/08/2020 - 22:25
Ryoherwa n’igitaramo cy’Umuganura. Urukerereza ruratwereka uko Umuganura wizihizwaga
8/08/2020 - 10:10
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.