Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
8/09/2020 - 20:03
Gutanga amaraso ni ugatanga ubuzima. RBC yatangije ubukangurambaga bwo gutanga amaraso
3/09/2020 - 15:51
Nyuma yo gufungurirwa isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
3/09/2020 - 15:47
Yabonye umwenda umubyeyi we yari yambaye mu mibiri yabonetse i Nyamirambo (Video)
2/09/2020 - 11:07
Paul Rusesabagina yafashwe, agezwa mu Rwanda: Dore ibyo ashinjwa
1/09/2020 - 14:00
Menya Burusheti yitwa Umusigati yahogoje Abanyakigali
30/08/2020 - 10:55
Mahama - Nemba: Ibyo utabonye impunzi z’Abarundi zisubira iwabo (Video)
30/08/2020 - 10:39
Ubona iyi mihanda mishya izakemura ikibazo cya ‘embouteillage’ muri Kigali?
23/08/2020 - 15:31
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.