Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kwirinda Covid19 bihagaze bite mu mashuri yasubukuye amasomo? Mineduc yakoze igenzura
3/11/2020 - 19:41
Ababyeyi bishimiye uburyo bushya bwo gutwara abanyeshuri
1/11/2020 - 15:19
Amateka ya data yanteraga ipfunwe - Patrick Kurumvune
1/11/2020 - 15:15
Ubunyarwanda busumba ibindi byose duhuriyeho - Jeannette Kagame
31/10/2020 - 20:13
Nyaruguru ku mwanya wa mbere mu mihigo. Mayor Habitegeko yahishuye ibanga
31/10/2020 - 19:20
Gusinya Imihigo: Dore uko abayobozi bahagurutse i Kigali berekeza Nyagatare
30/10/2020 - 16:17
Biratangaje: Fireman ngo yariye miliyoni 4Frws mu cyumweru kimwe
26/10/2020 - 15:33
Umucuruzi wa magendu yafatiwe mu cyuho ashaka guha Polisi ruswa ya Miliyoni
22/10/2020 - 23:50
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.