Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Izindi mpunzi 130 zageze mu Rwanda zivuye muri Libya
31/12/2020 - 07:45
Umwaka wa 2020 wihariwe cyane n’icyorezo cya COVID-19
31/12/2020 - 07:37
Yize gucuranga afite imyaka ine abirebera kuri se, none ku myaka icumi aramurusha
31/12/2020 - 07:18
Abajya mu minsi mikuru mu Ntara bateje umubyigano muri Gare ya Nyabugogo
31/12/2020 - 07:06
Abakobwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bagakora ibirori bafashwe berekwa itangazamakuru
23/12/2020 - 21:23
Kigali mu mitako iteye amabengeza yo kwizihiza Noheli n’Ubunani
20/12/2020 - 15:50
Yabyaye impanga umwe avukana imyenge mu mutima umugabo abata mu nzu
12/12/2020 - 12:42
Yaretse inzoga afite imyaka 20 none ku myaka 72 ijwi rye riracyahogoza benshi
10/12/2020 - 16:55
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.