Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yatewe ishema no gushushanya Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we
24/11/2020 - 15:24
Umuyobozi wa RIB yavuze ku bantu baburirwa irengero mu Rwanda
24/11/2020 - 15:14
Dore Umukobwa mwiza, ugororotse by’agatangaza
20/11/2020 - 11:38
Urusobe rw’ibibazo by’abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda rwahawe umurongo w’ibisubizo birambye
17/11/2020 - 10:57
Uwacuruzaga magendu n’abari barajujubije abaturage bafashwe
17/11/2020 - 10:53
Akazi k’ubudepite no gukora umuziki: Ikiganiro na Hon. Uwumukiza
15/11/2020 - 11:24
Biratangaje: Yiyigishije gukina ’Skating’, abitoza umugore n’abana
12/11/2020 - 10:23
Bimaze iki gucisha Shampiyona y’u Rwanda kuri Televiziyo y’Igihugu ?
6/11/2020 - 15:34
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.