Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bwa mbere Coronavirus igiye gupimirwa mu Ntara
28/05/2020 - 18:43
Umurage Prof. Laurent Nkusi yasigiye abana be
25/05/2020 - 17:53
Bitana J. Remy: Rayons Sports yamuguze 200,000Frw, bimucira inzira igana mu Mavubi
21/05/2020 - 23:59
Muzika itunga umuntu akabaho neza cyane, Mighty Popo yatanze ingero
20/05/2020 - 15:23
Menya izindi Nterahamwe zihishe mu Bufaransa zikwiye gufatwa nyuma ya Kabuga
20/05/2020 - 14:51
Polisi yafashe abantu 9 babyiganiraga mu modoka ya Pick Up barenze no ku mabwiriza yo gutaha kare
14/05/2020 - 18:03
Kirazira kikaziririzwa guhagarikwa na Polisi ukanga guhagarara - CP JB Kabera
14/05/2020 - 09:03
Natty Dread yatubwiye ibihe bya nyuma yagiranye na Bob Marley
14/05/2020 - 00:58
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.