Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Polisi yafatiye mu cyuho 25 bashakaga kwambukiranya intara kandi bibujijwe
11/05/2020 - 10:55
Ibyo utabonye ubwo abacuruzi bongeraga gufungura amaduka yabo
7/05/2020 - 00:47
Umunsi wa mbere muri Bus zitwara abagenzi nyuma ya #GumaMuRugo
4/05/2020 - 19:29
Icyegeranyo ku ruhare rwa Marcel Sebatware mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi i Cyangugu
2/05/2020 - 21:16
Ntidushaka ko icyari ubukwe gihinduka ikiriyo, ubukwe ntiburi mu byemewe - Prof Shyaka
2/05/2020 - 10:53
#Covid19: Indi mirimo yemerewe gukomeza gukora. Menya impamvu zashingiweho bayemerera
1/05/2020 - 22:56
Rusumo: Umushoferi uvanye ikamyo muri Tanzania si we uyigeza i Kigali
1/05/2020 - 22:29
Utubari turakomeza gufunga! Reba uko kuva Bahamas ukagera kwa Jules hameze (Video)
1/05/2020 - 18:36
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.