My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

muturwaneho baduhe amszi

alias yanditse ku itariki ya: 25-11-2016  →  Musubize

ikibazo gikomereye cyo kubura amazi mu gihe abanyeshuri bari kumasomo.ubuyobozi bw’umurenge bufatanije n’Akarere ntacyo bwigeze bugikoraho kugeza Ubu icyo kigo cya ES RUNABA kikaba gihangayikijijwe nibura ry’amazi mutabare rero abana b’Igihugu.Turibaza niba amazi yo mumudugudu wa Nyabizi bavuga ko ariyo azasaranganya umurenge wa Butaro,mugihe hari amazi bagakwiye kuba bakorera Maintenance hatabaye gutegereza ayo yandi ashobora kumara imyaka.mutabare 2017 tuzawinjire ESRUNABA yabonye amazi ahoraho.

alias yanditse ku itariki ya: 25-11-2016  →  Musubize

pfite ubumenyi muzampuze na ministiri WU rubyiruko

theo yanditse ku itariki ya: 24-11-2016  →  Musubize

KARONGI Muzaturebere impamvu yaba itera umurenge wa twumba utagira umuriro, mutugari twose nikibura kugirango uhagere bumwihariko mutugasi twa; kavumu na Rutabi .ese abayobozi butugari ntabwo bahembwa. kuburyo burimuturage service yagahawe kubuntu abanza kuyishyura muzadusobanurire.

Elias yanditse ku itariki ya: 24-11-2016  →  Musubize

BURERA, insiriri y’ibibazo bishingiye ku miyoborere mibi y’akazu n’itoneshwa byubatswe n’uwari FED Burera ZARADUHAYE Joseph aho yubatse akazu k’abahoze ari aba BUTARO na CYERU none Nyobozi bikaba byarayicanze kuko idashoboye gusenya ako kazu ntinashobore gutekinika nk’uko byahoze none henshi mu mirenge ya BURERA byarazambye, abaturage twibera m’urujijo n’igihirahiro; Ibikorwa remezo byarasenyutse; Inzara niyose naho indwara ziterwa n’umwanda ziratwugarije, bityo kubufatanye n’inzego zitandukanye mufashe Umuyobozi w’Akarere arananiwe. Isaranganya kuri revenue sharing mu mirenge ikora kuri Paliki y’ibirunga ni ikibazo, aho ba gitifu b’imirenge ikoze ku birunga bishiriraho amashirahamwe azitira inyamaswa bakayaha abayobozi babafasha kurya amafaranga agenewe abaturage ubundi bagatanga amasoko m’uburiganya hubakwa ibyumba by’amashuri, ugasanga igikorwa cyakozwe ntaho gihuriye n’amafaranga yatanzwe. Mu mirenge imwe nimwe kdi hari za Clubs zirwanya abagaragaza ukuri zubatswe na ZARADUHAYE abifashijwe na BOSENIBAMWE.

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 23-11-2016  →  Musubize

Mudufashe i rwambogo mumurenge wa butare kuko abana bata amashuri bamwe bitewe ningendo ndende bakora bajya kwiga

murwanashyaka jonas yanditse ku itariki ya: 19-11-2016  →  Musubize

amakuru kumuyobozi wakarere bimezebite?

Danier yanditse ku itariki ya: 19-11-2016  →  Musubize

mutuvugire baduca amafranga menshi yu mutekano kandi ntawo bakoraraaaaaa

alias yanditse ku itariki ya: 18-11-2016  →  Musubize

turabashimira.amakuru.mutujyezaho
igitecyerezocyanjye.nukubashimira

manirarora yanditse ku itariki ya: 16-11-2016  →  Musubize

Muzaze Mudusure Murebe Ukuntu Tutagira Umuriro Kandi Dufite Igishanga Cyurugezi Gatare Cell,

elias yanditse ku itariki ya: 13-11-2016  →  Musubize

madam talon azasure urwibutso rwantarama buesera naho amenye amateka yaho

aimable yanditse ku itariki ya: 8-11-2016  →  Musubize

madam talon azasure urwibutso rwantarama buesera naho amenye amateka yaho

aimable yanditse ku itariki ya: 8-11-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka