My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Rubavu na karere keza cyane njye mbona ariwo mushyi wi ntara yi burengera zuba
Mumbwire amakuru ya diamond
Kureba amanota
Gatsibo umugabo yagiye gusura abana bee kwa sebukwe,sebukwe aramukubita? polisi iramufunga
MUKAREREKA NYABIHU UMURENGE WAJENDA RUSWA IRAVUZA UBUHUHA MUMUDUGUDU WAKIBUYE uwitwa Nizeyi Abudurukarimu,aratujambije Canecane Abanyerondo.
Mu tubwire ibyinka yabyaye umuntu
Ariko Abayobozi bacu ntabwo baziko umwami atica hica rubanda mbese umukozi udashoboye yashyizwe ahagaragara hakurikijwe administration kndi mu mu cyo akabona akeguzwa, naho uwabangamiye umuyobozi we gukora amafuti aramuhimbira ibyaha amwihimureho, abasigayemo bagire ubwoba bo bahinduke ’’yego mwidishyi’’ ibi mwarimukwiye kubisuzumana ubwitonzi Ndahamya ko abegura ataribo bakora nabi ahubwo abenshi barikuzira akagambane ka Nyobozi yahawe ububasha kndi barimo inkundamugayo
Numvise mukorera ubuvugizi abantu cyane cyane muri service y’imibereho myiza, none Iwacu nyagatare, mu murenge wa Rwimiyaga, akagali Ka Rwimiyaga, umudugudu wa rebero hari umwana urwaye umeze nabi rwose, ababyeyi baragerageje ntabitaro batagezemo ariko ubu ubushobozi bwararangiye ari murugo gusa, mwadukorera ubuvugizi Imana ibahe imigisha. Murakoze
Numvise ubuvigizi kigali today ikorera Abaturaage cyane cyane mubuvuzi, none nkuko Imana Ibakoresha ibikorwa nkibyo byiza ino Iwacu, nyagatare mu murenge wa Rwimiyaga akagali Ka Rwimiyaga Umudugudu wa rebero dufite umwana urwaye cyane ababyeyi ubushobozi bwarabashiranye,nukuri ameze nabi bofatika
Ndanega Gitifu Wu Murenjye Wa Nyamabuye, Gusenyera Abantu Siko Kubengera Ndore Ko Yahawe Imondoka Ndanega Umuyobozi Umwe Undateza Abaturenge Imbere Uwo Ni Mundugundu Wa Nyakabingo Ho Mu Murejye Wa Nyamabuye Mukagari Ka Remera Arangwa Na Ruswa Pe! None Ngo Ruswa Iracika Oya Nukutubeshya Ubuse Aho Zingarara Cyane Sikubayobozi Ndashimira Aferi Sosiyare Wacu Mu Kagari Karemera Yingisha Abaturange Neza Imana Imuhe Umugisha
mubwire ibijyanye na
msganyarazi mukarere.bijyezehe mumirenjye thank you
mubwire ibijyanye nubuurezi mukarere kanyamagabe kubijyanye nakaaizi kubarimu ri primere ibijyanye noku depoza akazi. mubueezi mubwire ?