Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhanzi The Ben yageze mu Rwanda
24/12/2016 - 16:46
Eddy Kenzo n’abagize itsinda rya "Big Talent" basuye Kigali Today Ltd
23/12/2016 - 12:44
Ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’Umushyikirano
17/12/2016 - 10:35
Minisitiri Murekezi yafunguye kumugaragaro imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda
17/12/2016 - 10:23
Umushyikirano: Perezida Kagame aragaragaza uko Igihugu gihagaze
16/12/2016 - 16:36
U Rwanda rurasaba abana b’abakobwa kwitabira imyuga
16/12/2016 - 12:42
Jef Neve na Cecile Kayirebwa bahuje imbaraga bataramira abanyarwanda
12/12/2016 - 14:34
Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro inyubako za CHIC na Kigali Heights
9/12/2016 - 14:47
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo