Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yageze mu Buhinde mu ruzinduko rw’iminsi ine.
9/01/2017 - 17:32
Umujyi wa Kigali wategetse abakorera mu nzu zagenewe guturwamo kwimuka! (Video)
6/01/2017 - 14:14
The Ben yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
5/01/2017 - 16:56
Uburyo Charly & Nina, Buravan na Melody bitwaye mu gitaramo cya The Ben
5/01/2017 - 09:39
Byari ibicika ubwo The Ben yaririmbiraga abakunzi be
2/01/2017 - 03:24
Abanyarwanda bakiriye umwaka mushya mu buryo bw’ibyishimo bidasanzwe
1/01/2017 - 12:28
The Ben arizeza abanyarwanda igitaramo cy’amateka kuri Bonane!
29/12/2016 - 11:31
RwandAir yatanze inkunga y’ibikoresho ku bana bafite ubumuga
28/12/2016 - 17:30
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo