Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Video : Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakirwa i Addis Ababa
28/01/2017 - 18:15
I Kigali hatangijwe ikigo gishinzwe intego z’iterambere rirambye rya Afurika/SDGs
28/01/2017 - 15:40
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri wa Nigeria ushinzwe Itumanaho
26/01/2017 - 17:12
Miss Rwanda 2017: Batanu nibo batorewe guhagararira intara y’iburasirazuba
25/01/2017 - 12:28
Abambasaderi 6 bashyikirije Perezida Kagame impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
24/01/2017 - 11:30
Miss Rwanda 2017: bane bahataniraga guhagararira amajyepfo bakomeje bose
23/01/2017 - 10:50
Uko byari bimeze ubwo imvura idasanzwe yagwaga mu mujyi wa Kigali
23/01/2017 - 10:33
MUSANZE: Kugemura urwagwa bibinjiriza menshi
19/01/2017 - 19:08
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo