Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Itsinda rya Active bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo "FINAL"
18/01/2017 - 15:07
Umuhango wo gutabarizwa k’Umwami Kigeli V Ndahindurwa mu mashusho
16/01/2017 - 08:45
Uko byari byifashe I Mwima ya Nyanza mbere yo gutabariza Umwami Kigeli V
15/01/2017 - 09:39
RDF iri gufasha MINISANTE gukemura ikibazo cy’ibura ry’amaraso
14/01/2017 - 17:28
Igikorwa cyo gushaka uzaba Miss Rwanda 2017 cyaratangiye
13/01/2017 - 13:22
Udushya twaranze ikiganiro Pasiteri Mpyisi yagiranye n’abanyamakuru!
12/01/2017 - 11:00
Abahindiro baranyomoza amakuru y’Umwami watangajwe nk’umusimbura wa Kigeli V
12/01/2017 - 10:38
WDA na FERWABA batangije "Academy" ya Basketball mu Rwanda
11/01/2017 - 12:21
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo