Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Byinshi utamenye ku mukobwa wakuye se muri Gereza
20/09/2017 - 14:05
VIDEO: Byari ibyishimo bidasanzwe k’umuryango wa Yassin nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame
18/09/2017 - 09:18
VIDEO: Se w’umwana wateruwe na Perezida Kagame i Nyamirambo yafunguwe
18/09/2017 - 08:56
Bimwe mu byaranze umunsi wa mbere wa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
9/09/2017 - 10:26
Umuhango wo gutangiza ku mugaragaro isiganwa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
7/09/2017 - 21:30
Umuhanzi Meddy yakoze igitaramo cy’amateka, bamwe bararira abandi bajya mu mwuka!
5/09/2017 - 10:40
Perezida Kagame na Howard Buffett batashye ku mugaragaro umupaka wa La Corniche
2/09/2017 - 09:05
Abayobozi bashya muri Guverinoma n’imiryango yabo bafashe ifoto y’urwibutso na Perezida Kagame
2/09/2017 - 08:57
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo