Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Maranyundo Girls School yamuritse imfura zayo
5/11/2017 - 23:57
Madame Jeannette Kagame yifatanyije n’ubuyobozi bw’ishuri rya Maranyundo gutaha inyubako nshya yuzuye
5/11/2017 - 23:52
Mani Martin: Imyiteguro yo kumurika AFRO album
3/11/2017 - 19:16
Byinshi ku mupadiri w’umuraperi wa mbere mu Rwanda
2/11/2017 - 16:00
Abatuye Huye bishimiye Moto idasanzwe yurira imodoka, ikanasimbuka abantu
1/11/2017 - 10:45
Rally: Bimwe mu byaranze irushanwa memorial Gakwaya 2017
31/10/2017 - 13:03
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage b’i Gahanga mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi
30/10/2017 - 13:02
Abafite indwara zidakira bashyiriweho gahunda y’abaganga babakurikiranira iwabo mu ngo
28/10/2017 - 16:49
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo