Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba ubwiza bw’ikibuga mpuzamahanga cya Cricket cyubatswe i Gahanga
27/10/2017 - 08:30
Cobra arasobanura byinshi nyuma yo gushya kwa Cadillac
24/10/2017 - 17:44
Menya byinshi kuri Cobra wamamaye kubera akabyiniro ka Cadillac
23/10/2017 - 12:46
Brazzaville: Perezida Kagame yitabiriye inama y’ibihugu by’akarere k’ibiyaga bigari, ICGLR
20/10/2017 - 08:12
Ubuhamya bunyomoza raporo ya HRW ishinja inzego z’umutekano mu Rwanda kwica abajura
16/10/2017 - 16:16
Amazu mashya yahinduye isura y’umujyi wa Kigali (VIDEO)
13/10/2017 - 22:10
Perezida Kagame yakiriye abayobozi bashya 11 bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda harimo n’uwa Vatican
10/10/2017 - 23:13
Bimwe mu byaranze Yubile y’imyaka 100 y’ubusaseridoti mu Rwanda
7/10/2017 - 23:17
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo