Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Shyorongi habereye impanuka idasanzwe imodoka irashya irakongoka
13/08/2017 - 14:35
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera
9/08/2017 - 19:48
Abanyamuryango ba FPR babyinnye intsinzi y’umukandida wabo Paul Kagame
6/08/2017 - 23:18
VIDEO: Hamwe na hamwe hateguwe ibyumba by’abagore kuri site z’amatora
4/08/2017 - 13:23
VIDEO: Mu Rwanda ntawahatoreye wishwe n’inyota
4/08/2017 - 13:18
VIDEO: Abafite ubumuga bwo kutabona bishimiye gutora ku nshuro yabo ya mbere
4/08/2017 - 11:30
VIDEO: Perezida wa Sena Makuza Bernard amaze gutorera i Gacuriro
4/08/2017 - 10:46
VIDEO: Nta ntore itererana indi cyane cyane mu gihe cy’impeshyi - Rucagu
4/08/2017 - 10:36
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo